Sina Gerard yashyize hanze isabune yo gukuraho imyanda yise "Akamanzi" nindi yica udukoko turi kumubiri yise "Akingenzi" - SOMA IYI NKURU UMENYE BYINSHI BYIMBITSE NAHO WAYIRANGURIRA
by FRATERNE MUDATINYA
17 January. 2021
@rwandatoday 8K Views
Nkuko buri munsi Entreprise urwibutso ya Sina Gerard ihora ihanga udushya dutandukanye, noneho yahise ishyira hanze isabune yo gukaraba mu ntoki yitwa "Akamanzi" nindi yica udukoko turi kumubiri yise "Akingenzi".
Buri gihe uyu muherwe akunze gushyira hanze products nyinshi zose bitangizwa na " Ak " abantu bose bakabyibazaho cyane aho akura aya mazina yose atangizwa na AK.
Ubu bwoko bubiri yashyize hanze yabikoze mu buryo bwo kwirinda icyorezo cya Covid - 19 gikomeje guhitana abantu benshi mu Rwanda no hanze yarwo.
ADVERTISEMENT
Hagataho twabatangariza ko abashaka kuza kurangura ko bashobora guhamagara nimero zikurikira bagahita bazigezwaho mu kanya nkako guhumbya: +250788300099, +250788386666,+250788388194, +250788305123 kandi buri mukiriya wese uganye Enterprise Urwibutso ya Sina Gerard ko yakiranwa urugwiro ndetse ubu aho Nyirangarama ikorera mu Rwanda rwose no hanze y'u Rwanda ubu bwoko bwamaze kuhageza. Muhawe ikaze.

Enterprise Urwibutso ya Sina Gerard yakoze Akamanzi hand wash na Akingenzi hand Sanitizer yemewe n'amategeko mu Rwanda kandi yujuje ubuziranenjye
ADVERTISEMENT
ADVERTISEMENT