Ivuriro St Pierre Canisius rifatanije na QuiAri Intetnational yo muri USA ririmo kuvura indwara zisaga 15 zikunze kuzahaza abantu
by FRATERNE MUDATINYA
29 October. 2020
@rwandatoday 5K Views
Iri vuriro rikorera mu mujyi wa Kigali ahitwa Ku Muhima hafi ya Okapi hotel kumuhanda ufite nimero KN87 st 07 riri Imbere ya Trinity House.
Mu ndwara zose bita iza karande bazivura mu gihe kitarenze amezi 6 hakoreshejwe inyongera mirire zivanze n'imiti ya kizungu zigakira burundu.
uwaje kuhivuriza yarazahajwe na zimwe mu ndwara bavura zitandukanye ahava arimo kubavuga imyato bitewe n'indwara aba avuwe igakira kandi yaramuzengereje.
ADVERTISEMENT
Mu ndwara bavura zitesha rubanda umutwe harimo nkizitwa: Diabetes, Gute, Hypertension, Sinusite, Asthma, Ibihaha, Impyiko, Amenyo, Prostate, Umugongo, Umutwe, Umutima, Umwijima, Imitsi, Uruhu, Igifu, Amara, Kuzamura abasirikari b'umubiri bagatsinda za Virusi na Canseri, Kurwanya Ubugwingyire, Kugabanya umubyibuho cyangwa kunanuka bikabije. Kongera ubushobozi bwo gutera Akabariro n'izindi nyinshi zitandukanye.
Hagataho abazahajwe n'izi ndwara twavuze haruguru n'izindi nyinshi zitandukanye twabatangariza ko Gusuzuma umurwayi ko ari amafaranga y'u Rwanda ibihumbi icumi(10000) kandi buri murwayi wese ahabwa raporo yanditse ndetse akabonana na Muganga akamugira inama ku buntu.
Tugana kumusozo ushaka kumenya andi makuru yihariye yimbitse bitewe n'indwara arwaye ashobora guhamagara Bwana
Prof. Dr. BIHIRA Canisius kuri
+250788322325 cyangwa se akamwandikira kuri WhatsApp ye agahabwa ibisobanuro bihagije. Umurwayi aravurwa. Agakurikiranwa kugeza akize izi ndwara twababwiye haruguru. Murakaza neza. Murisanga.
Dr. BIHIRA Canisius uvura indwara nyinshi zitandukanye
ADVERTISEMENT
ADVERTISEMENT